ese koko ubuporotestanti bwararangiye · 2017-02-22 · ese koko intambara yararangi-ye? cyangwa...

7
ESE KOKO UBUPOROTESTANTI RWARARANGIYE? PR. WALTER VEITH

Upload: others

Post on 13-Aug-2020

2 views

Category:

Documents


0 download

TRANSCRIPT

Page 1: ESE KOKO UBUPOROTESTANTI BWARARANGIYE · 2017-02-22 · ESE KOKO INTAMBARA YARARANGI-YE? CYANGWA ABAPOROTESTANTI BIBAGIWE ICYO IYO NTAMBARA YARI IGENDEREYE? Ikibazo cy’ingenzi cyari

ESE KOKO UBUPOROTESTANTIRWARARANGIYE?

PR. WALTER VEITH

Page 2: ESE KOKO UBUPOROTESTANTI BWARARANGIYE · 2017-02-22 · ESE KOKO INTAMBARA YARARANGI-YE? CYANGWA ABAPOROTESTANTI BIBAGIWE ICYO IYO NTAMBARA YARI IGENDEREYE? Ikibazo cy’ingenzi cyari

HAJE KUBA IGIKORWA

gikomeye mu mateka,

ubwo umubishopu wo

muri Afrika y’Epfo, wo mw’itsinda

ry’abaporotestanti

bab’abapentekote witwa Tony

Palmer, akaba ari n’inshuti ikom-

eye ya Papa Fransisi I, ndetse Papa

akaba ari n’umujyanama we ukom-

eye, yatangarije Isi ko igihe cyo

kwifatanya kw’abakristo bose cy-

ageze. Yatangaje adakebakeba ko

ubuporotestanti bwa Luteri

bwarangiye uhereye igihe abapo-

rotestanti bakomotse kuri Luteri

(Abaluteri) n’Abametodisti bemer-

aga gushyira umukono ku nyandiko

ivuga ku Gutsindishirizwa yemer-

anyijweho hagati y’Abaluteri na

Katurika yakozwe muw’1999. Ny-

uma yo kugaragariza videwo irimo

ubutumwa busaba ubumwe buvuye

kuri Papa Francisi ubwe, itsinda

ry’abayobozi b’abaporotestanti

b’abaevanjeliko (Evangelical),

Uwitwa Kenneth Copeland (soma

keneti kopelandi) yasubije ubwo

butumwa yifuriza Papa umugisha

watanzwe mu buryo bwo kuvuga

indimi hanyuma yemezanya

n’umunezero mwinshi n’abandi

bayobozi bari kumwe ko ubwo bu-

tumwa babwemeye.1

Hari ibikorwa byari byarakozwebyabaye imbarutso y’ikiswe “igi-tangaza cy’ubumwe”. Mberey’ukwezi kwa Mata (2014), inamanyinshi zari zarateguwe zo guhurana Papa kw’abayobozib’abaevanjeliko (Evangelical)n’akanama k’Ubupapa gashinzweguteza imbere ubumwe. Ikirenzeho,inshuro nyinshi ubutumwa busaba

ubumwe bwagiye bugaragazwa munsengero hijya no hino kw’isi.2Ubu sibwo bwa mbere, amagambonkaya avuga ku kurangirak’ubuporotestanti yari avuzwe. Mumwaka wa 2008 mu kiganiron’umunyamakuru Emiel Hakkenes(soma emiyeli hakenesi), umuporo-feseri w’umuyezuwiti Eduard Kim-man (Eduwari Kimani), umuyoboziw’inama y’ababishopu mu Buho-randi, yavuzeko: “nta mpamvunimwe isigaye yo kuba umuporotes-tanti”, kandi avuga ko abonaubuporotestanti nk’itsinda ryanani-we kwivanga” kandi nk’itsindaritashoboye kumenya ubusobanurobw’uri mu buyobozi bugaragarabw’isi ko ari Papa.”

1https://www.youtube.com/watch?v=YrS4IDTLavQ 2 Posted on Tony Palmers Facebook page3

Page 3: ESE KOKO UBUPOROTESTANTI BWARARANGIYE · 2017-02-22 · ESE KOKO INTAMBARA YARARANGI-YE? CYANGWA ABAPOROTESTANTI BIBAGIWE ICYO IYO NTAMBARA YARI IGENDEREYE? Ikibazo cy’ingenzi cyari

Ikirenzeho, yagaragaje ko ashidikanya ko ubugorozibwazaba bukiriho nyuma y’umwaka wa 2017 (uyu niumwaka Ubuporotestanti buzizihiza imyaka 500 bu-maze bubayeho). Yavuze ko ubuporotestanti buzagar-uka kuri nyina (itorero ryabubyaye)”1

Nubwo habayeho bamwe mu baporotestanti barwanyi-je ayo magambo, ikinyamakuru “Religion News Serv-ices” cyasohoye raporo ivugako ayo matsinda yombiyiyemeje “kubyumvikanaho” kubwo umunsi mukuruwo kwibuka itangizwa ry’ubuporotestanti. Vatikan’akanama k’Abaluteri kw’isi (Lutheran World Feder-ation) bakoze inyandiko bise “Kuva mu bushamiranetujya mu Bufatanye” yakorewe i Geneve ku wa Mbere(kuya 17 Kamena 2013) yavugaga ngo:“hari icyo twifuza kugeraho mu gukuraho ubushami-rane bw’igihe kirekire…Mu nyandiko, amadini yombi yasobanukiwe ko muri ikigihe cy’inkubiri y’impuzamatorero no guhuriza hamwemu bya politiki, imisengere ikwiriye kugira ikindi cy-erekezo, ikita cyane ku kuba impande zombi zakwem-era ko bose bakoze ibyaha n’impamvu yatumye habahoibiganiro hagati y’abaruteri na Katurika mu myaka 50ishize…icyo kuba urugamba k’ukuri rwo mu kinyejanacya 16 rwaratumye habaho kudahuza n’ubukristo bwomu Burengerazuba biherereye ku mateka y’umwijimay’itorero,” none muri 2017, tuzicuriza ku mugaragaro

ko dukozwe n’isoni imbere ya Kristo ryo kwangizaaubumwe bw’itorero .”Inyandiko na none yemeza ko impande zombi (Abalu-teri n’AbaKaturika) “zaje kumenya ko hari byinshibizihuza kuruta ibizitandukanya.”2

Ese koko intambara yararangiye? cyangwa abaporotes-tanti bibagiwe icyo iyo ntambara yari igendereye? Nta-bwo ingingo yatumye habaho ukutumvikana na Luterimu mizo ya mbere ari ingingo yo gutsindishirizwakubwo kwizera gusa nk’uko bishopu Palmer abivuga,ahubwo ni ukwiha ubutware k’Ubupapa n’ibirebanan’ingingo ya indurugensiya (kugurisha imbabaziz’Imana). Urugamba ku kwiha ubutware bwo gutangaindurugensiya rwarakomeye kugeza ubwo hanyumaLuteri yageze ku mwanzuro wo kwemeza ko Ubupapaari Antikristo, kuko guhangara gutanga indurugensiyakwari ugusuzugura amahame agenga ingoma ya Kristo.

1 Kimman in de uitgave ‘Achter de schermen van de PKN’ van Emiel Hakkenes en een voorpubli-

catie daarover op de

RKK-website 26 maart 2008. Bijde feitelijke presentatie, meldt Trouw op7 april 2008, heeft hij daar

weer iets van teruggenomen.

http://www.raadvankerken.nl/pagina/1878/mari%C3%ABnburg_over_wrijvinghttp://www.kerknieuws.nl/nieuws.asp?oId=12810&lStrAction=archief

2 http://www.religionnews.com/2013/06/18/lutherans-and-catholics-bury-the-hatchet-for-reformations-500th/

Page 4: ESE KOKO UBUPOROTESTANTI BWARARANGIYE · 2017-02-22 · ESE KOKO INTAMBARA YARARANGI-YE? CYANGWA ABAPOROTESTANTI BIBAGIWE ICYO IYO NTAMBARA YARI IGENDEREYE? Ikibazo cy’ingenzi cyari

ESE KOKO INTAMBARA YARARANGI-YE? CYANGWA ABAPOROTESTANTI

BIBAGIWE ICYO IYO NTAMBARA YARIIGENDEREYE?

Ikibazo cy’ingenzi cyari icy’ufite ubutware, uru rugamba bwarakomeye rugera aho rwa-baye urugamba hagati y’Ubupapa na Yesu Kristo. Ubugorozi bwaje bushakira ubutware mu Byanditswe byera byonyine byabahamirije uburyo Kristo ariwe w’ingenzi, byabashoboje kushyiraho amahame atatu akomeye, “Sola Christos”, “Sola Scriptura” na “Sola Fides.” Mu kuburizamo uku guhangana n’ubutware bw’Ubupapa, nibwo umuryango w’abayezuwiti washinzwe ufite umugambi umwe w’ingenzi ariwo gusenya imikorere y’iryo tsinda.Mu nama y’i Trent (soma terente), inama by’umwihariko yari iyobowe n’abayezuwiti, Ubupapa bwarakujijwe burutishwa Ibyandits-we Byera na ulitramontanisimu (bisobanurwa ngo imbaraga zose mu muntu umwe) yash-izweho. Imihango niyo yagizwe iyo gusuzumi-raho ibyanditswe byera, nk’uko arikibishopu wa Reggio (Soma rejiyo) yavuze muri iyo na-ma ati: Idini Katurika ishobora guhamya ubut-ware bwayo ifite hejuru y'Ibyanditswe kuko yahinduye ukwera k’umunsi wa karindwi ariwo Sabato ikawushira ku Cyumweru, ihinduka rishingiye ku butware bw’itorero gusa.1 Aha rero niho ubuporotestanti bwatakarije amahirwe yabwo yo guhamya ukwizirika ku Byanditswe byonyine, ariko kwemera ubu bwumvikane hatabayeho n’ijambo na rimwe ryo kuburwanya byari bisobanuye ko bemeye kwisubiza mu maboko y’ubutware bw’Ubupapa hari hasigaye gusa kugera ku gihe bazarekurira burundu ubuporotestanti. Mu buryo bubabaje birasa naho abaporotestanti bihanganiye imyaka 500 y’ububabare, intambara, gutotezwa no gukatirwa urwo gupfa none ku mwaka wa 500 w’ubuporotestanti biyemeje kuva ku izima baraburekura. Ubupapa bumaje igihe mu ntambara naza ngingo eshatu zirebana n’ubutware butasimburwa bwa Kristo, ubutware butasimburwa bw’Ibyanditswe Byera n’ikibazo cy’agakiza kabonerwa mu kwizera Yesu wenyine uhereye igihe ibyo byagaragarijwe.1 Catholic Mirror, Sept. 9, 1893

Byaba bisa no kujijisha n’ubujyajya gutesha agaciro izi nkingi z’ubugorozi utari ku rugamba na Kristo, igitangaje nuko Ubupapa busa nubwabashije kwe-meza isi ko bukorera Kristo kandi ahubwo buri kumurwanya. Umwanya ubukaturika buhagazemo kubirebana nizi ngingo uragaragara neza mu nyandiko zabwo. Muri “Catholic answers to explain and defend the faith” (Ibisubizo bya Katurika mugu-sobanura no kurinda ukwemera) bagaragaje ko inyi-gisho za Bibiliya yonyine (Sola Scriptura) No gutsindishirizwa kubwo kwizera (Sola Fides) ari ibitekerezo byashaje benshi bakomeza kwizirikahokandi ngo zidashingiye ku kuri.”1

Inyigisho ivuga ko agakiza kabonerwa muri YESU Kristo nayo yateshejwe agaciro ku rugero ruhanitse n’abayezuwiti bateguye inama ya II ya Vatika kuko Karl Rahner (Uwari uhagarariye iby’iyobokamana muri iyo nama) yafunguye imiryango aho yashize amadini yose ku rugero rumwe ku biryanye n’Agakiza. Umunyeshuri we, Paul Knitter, yanditseigitabo cyitwa ngo “nta rindi zina”2 aho yemeje ko Agakiza katabonerwa muri Kristo gusa ahubwo ko gashobora no kuboneka muri buri buryo bw’imyizerere, udakuyemo n’ubwa gipagani. Ni nawe wanditse igitabo cyitwa Buddha(soma Buda)atariho sinaba umukristo3 kikaba ari igitabo bisa naho ari itegeko kugisoma cyane cyane kubashaka idini ihuriweho na bose babona Yesu nk’imwe mu nzira nyinshi zigeza abantu ku Mana.

Ikibazo cy’ingenzi cyatumye habaho ubugorozi n’icyo kwibaza ukwiye ubutware. Niba Yesu ariwe ukomeye cyangwa uwiyita ko yamusimbuye. Nta mwanya wo hagati uhari kuri iki kibazo. Birumvika-na ko mu myumvire ya giporotestanti imyanzuro igomba kuva mu byanditswe-Ibyanditwe byera. Ni iby’ingenzi ku ruhande rwa Roma gushiraho imihango nk’uburyo bwo kumvikanisha Bibiliya kugira ngo babone uko bashyiraho mu butware bwabo uburyo bw’Agakiza buhabanye n’uko Bibiliya yigisha. Inyigisho zose z’Ubupapa zihagaze cyangwa zasitaye ku rutare rusitaza, urwo rutare ni Kristo.

IKIBAZO CY’INGENZI CYATUMYEHABAHO UBUGOROZI N’ICYOKWIBAZA UKWIYE UBUTWARE.

1http://www.catholic.com/tracts/seventh-day-adventism2 Paul F. Knitter. 1985. No Other Name?: A Critical Survey of Christian Attitudes Towardthe World Religions. SCM Press43 Paul F. Knitter. 2009. Without Buddha I Could Not Be a Christian. Oneworld Publications

Page 5: ESE KOKO UBUPOROTESTANTI BWARARANGIYE · 2017-02-22 · ESE KOKO INTAMBARA YARARANGI-YE? CYANGWA ABAPOROTESTANTI BIBAGIWE ICYO IYO NTAMBARA YARI IGENDEREYE? Ikibazo cy’ingenzi cyari

● Ukutibeshya kwa Papa

● Ugukuzwa kwa Papa

● Ugusengwa kw’ abatagatifu, Mariyan’ibishushanyo by’abatagatifu

● Igipadiri nk’ikiraro hagati y’Imanan’abantu

● Kudashingirwa kw’abapadiri

● Kubabarira ibyaha kw’abapadiri

● Gutanga indurugensiya (kugurisha ibyabaziz’Imana)

● Inyigisho ya katorika ivuga ko abapadiribafite ubushobozi bwo kurema umubiran’amaraso byaYesu mu gihe cy’Uguhazwa

● Kudapfa kwa roho n’ukuzimu

● Gutsindishirizwa

● Guhongererwa

● No gusimbuza amategeko y’ibyaremweamategeko y’Imana nk’uburyo bo kubahaImana,

byose bishingiye ku byashizweho n’umuntu (imi-hango) aho gushingira kw’Ijambo ry’Imana.

Nta nimwe muri izi ngingo z’imyigishirize yigeze ihagarikwa kandi Inama ya Vatika ya II ntabwo yigeze ihindura icyo ubukatorika bwigishaga kuriburi ngingo1, harimo n’ivuga ku gutsindishi-rizwa nk’uko yashizweho mu nama y’ i Trent (soma Terenti) yaciriyeho iteka uwiha kwigisha ko gutsindishirizwa kubonerwa mu kwizera gu-sa. kandi ikinyuranye n’icyo cyo baracyemera. Abapapa bose bo muri iki gihe, harimo na Papa Francis, bakomeje gutanga indurugensiya ndetse nyinshi kandi bakagira bamwe abatagatifu kugiran-go bagaragaze ubutware bwabo ku myemerere. Ikirenzeho, abiga iyobokamana rya katorika benshi muribo akaba ari abayezuwiti ntibahwemye kwamamaza ko Papa atibeshya n’ubushake bwo kumvira utasiganuje. Dore uko Richard Gula yabi-vuze:

“Ku ngingo zijyanye no kwizera n’imyitwarire ababishopu bavuga mu izina rya Yesu kandi abizera bakwiriye kwemera ibyo1 Congregation for the Doctrine of the Faith responses to some questions

regarding certain aspects of the doctrine on the church. Responses to thequestions. (Vatican.va)2

bigishijwe ndetse bakabyizikaho n’imitima ituje. Uku kwemera utuje k’ubushake n’intekerezo bigo-mba kugaragazwa mu buryo budasanzwe mu gihe by’umwihariko ari Papa w’i Roma wigishije yem-we n’iyo yaba ari kwigisha mu gihe kitari kigenwe.”nomero ya 25 ya Lumen Gentium

Ntibitangaje kuba Tony Palmer yarasabye ngo dufashe hasi iby’imyigishirize niba dushaka kugera ku bumwe (mu magambo ye yavuze ngo “Imana niyo izadushyiriraho ibyo twizera nitumara kugera aho dushaka”) noneho ngo tureke rukuruzi ya mwuka itubumbire hamwe (“ituzirikire hamwe”).

Nyamara, Imana mu mizo ya mbere yadushiriyeho ibyo twizera tugomba gushingaho imambo zacu:

2 Timoteyo 3:16 Ibyanditswe byera byose byahumetswe n'Imana kandi bigira umumaro wo kwigisha umuntu, no kumwemeza ibyaha bye no kumutunganya, no kumuhanira gukiranuka.

1 Timoteyo 4:16 Wirinde ku bwawe no ku nyigisho wigisha. Uzikomeze kuko nugira utyo uz-ikizanya n'abakumva.Ntabwo Mwuka azigera avuguruza Ibyanditswe byera, bityo rero twaraburiwe ngo:

1 Yohana 4:1 Bakundwa, ntimwizere imyuka yose ahubwo mugerageze imyuka ko yavuye ku Mana, kuko abahanuzi b'ibinyoma benshi badutse bakaza mu isi.

Mwuka w’ukuri ntashobora guhakana Ukuri, kandi kuko Yesu, Ijambo ry’Imana n’amategeko ari Uku-ri nkuko aribyo busobanuro bwako, ntabwo Mwu-ka yabihakana uko ari bitatu.3

Amagambo arikibishopu wa Reggio yavuze mu nama ya Trent ku kibazo cy’Isabato n’umwanya ifite mu ihame rya Sola Scriptura ntabwo yigeze arekwa kwitabwaho mu gihe kingana n’ibinyejana bitanu bishyize. Igihe cyose iki kibazo cyabaye ikigeragezo cy’ufite ubutware atari ku Isabato gusa ahubwo ubutware ku Byanditswe byera byose.

3 John 14:6; John 17:17; Ps. 119:151; 1 John 2:4.

Page 6: ESE KOKO UBUPOROTESTANTI BWARARANGIYE · 2017-02-22 · ESE KOKO INTAMBARA YARARANGI-YE? CYANGWA ABAPOROTESTANTI BIBAGIWE ICYO IYO NTAMBARA YARI IGENDEREYE? Ikibazo cy’ingenzi cyari

LOREM IPSUM DOLORSIT CONSECTETUER

Bitewe n’uko Kristo, Jambo, ari umuremyi kandi akaba n’umucunguzi nkuko bivurwa na Bibiliya ubwo ni nawe watanze am-ategeko ubwo kandi n’ubutware bwe busobekeranye n’iki kibazo. Guhitamo Isabato rero bisobanuye guhitamo ubuyobozi bw’Ibyanditswe byera, n’icyo byigi-sha cyose, kubirutisha imihango y’Ubupapa ndetse mu buryo bw’ukuri ni uguhitamo Ubuporotes-tanti.Ku kibazo kigendanye n’Isabato, itorero ry’Abadiventisti b’umunsi wa Karindwi riri ku ruhembe rw’imbere mu rugamba kandi ntab-wo rihanganye na katorika gusa kuri iyi ngingo ya Sola Scriptura ahubwo n’abandi baporotestanti ubwabo. Bitandukanye n'abakurambere babo dore ko bo bemeraga cyane guku-rikiza ibyo amategeko asaba, ubupo-ratestanti bw’iki gihe bwishize mu mwanya aho mwiteguye guhindura

hafi amategeko yose kugirango bu-bone uko bwirwanaho ku kibazo

plain and defend the faith” (Ibisubizo bya Katurika mugusoba-nura no kurinda ukwemera) rurasa nurugaragaza ko basobanukiwe n’ukudahuza kuri muri iyo myum-vire yombi ingomba byanze bikunze

gusakirana:Abadiventisti

ntibashobora guhindura imyumvire bafite ku itorero Katurika ko ari maraya wa Babuloni, ritaremera ko ryakosheje mu gushyiraho icy-umweru nk’umunsi w’ikiruhuko. Ntibashobora kwemera ko Icy-umweru atari ikimenyetso cy’inyamaswa bataremera guhindu-ra imyumvire bafite kw’ Isabato y’Abayuda. Abadivantisti nti-bashobora kureka kurwanya Katori-ka bataremera kurekaUbudivantisti.2

cyijyanye n’Isabato/Icyumweru hejuru y’ibyo Yesu ubwe yivugiye ko ataje gukuraho amategeko kandi ko nta n’agace gato kazava ku mategeko kugeza ubwo byose bizashirira. Roma yo bisa naho hari intumbiro ifite kuri iki kibazo nk’uko yo yamajije kugaragaza umwanya ihagazemo. Ikinyamakuru “The Saint Catherine Catholic Church Sentinel” cyaso-hoye inkuru ivuga ngo:

Abantu bose batekereza ko Ibyanditswe byera ar-ibyo bifite ubutware bwose, birum-vikana neza ko bagomba guhinduka Abadiventisti b’umunsi wa Karind-wi bakeza umunsi wakarindwi(Samedi-Saturday)1

Urubuga bwa Interineti rwa Katori-ka rwitwa “Catholic answers to ex-1 Saint Catherine Catholic Church Sentinel, Volume 50 Number 22, May

21,1995

2 http://www.catholic.com/tracts/seventh-day-ad-ventism

Page 7: ESE KOKO UBUPOROTESTANTI BWARARANGIYE · 2017-02-22 · ESE KOKO INTAMBARA YARARANGI-YE? CYANGWA ABAPOROTESTANTI BIBAGIWE ICYO IYO NTAMBARA YARI IGENDEREYE? Ikibazo cy’ingenzi cyari

IJWI RITWITEGUZA

KIGALI-RWANDA, ASA KIST-KHI, UR-NYARUGENGE CAMPUS,

Tel: +250784239311, Mobile: +250723730561,

Email: ijwiritwiteguza.gmail.com

www.ijwiritwiteguza.wordpress.com